10/10/2019
MUGIRE INAMA
SOMA IYINKURU NDAKUBWIZUKURI KO IRAGUFASHA IKAGUHINDURIRA UBUZIMA BWAWE.
NDI Umukobwa wimyaka 23 nkuko ubibona kuri iyiphoto Navukiye mumuryango ukennye Cyane Kuko Mama yari umucanshuro Kandi papa ntawe nzi , nabajije Mama wange papa uwariwe ambwirako ntawe yapfuye
Ariko mubyukuri narabimubazaga nkabona ababaye cyane , Ariko Mama yagezaho abonye maje gukura ambwirako ajya kumbyara yafashwe kungufu agasambanywa ubwo yavaga guhaha bakamutera inda ngo nuko akambyarira murugo ati Mwana wange nange so Simuzi , Utumvako nange sinamurenganya,
Ngo iwabo bahise bamwirukana bamuziza kuntwita bafi hogi tuvire murugo wandayawe ujye gushaka ABO bagabo baguteye inda .
Arashakisha ashaka uko yabaho maze ajya gukodesha nawe aca inshuro Kugirango abone imibereho Kandi ibyo byose yabikoraga antwite Murumvako yahuye nimiruho itari Mike niyompamvu mbabwirako twari dukennye.
Nihuse icyikibazo icyatumye gikemuka nuko Mama wange yaje kujya gusenga Umunsi umwe arafashwa gusenga abyishyiramo maze akunda gusenga cyane , Buri mugoroba yafataga iminota 40 akiyegeranya NIMANA ,
Umunsi umwe IMANA iramusanganira munzozi iramubwira iti“ Mwana wange kuva ubu nkuhinduriye ubuzima Kuko wanyeretseko unkunda nange sinzagutererana ” Biratinda hashira iminsi 3 Mama wange abaza imana ati Ese ko ntagihinduka nkuko wabkmbwiye Mana
IMANA iti “Mwana wange ntugateshuke kwisezerano guma mwisezerano Ntiyigeze ava mwisezerano ahubwo yagize ukwizera nkukwa Abrahamu , bidatinze IMANA yaje kumusubiza Mama wange Abona akazi kamuhemba Ibihumbi 200 Kukwezi maze Ubuzima bwacu buhinduka butyo .
ESE nawe waba Ukunda gusenga ? Niba utabikoraga kuva ubu usomye iyinkuru bikore Kandi nkubwijukuri ko uzakira Kandi bidatinze Wowe senga IMANA imwe yo mwijuru Ntagushidikanya uzakira Kandi nuhabwa isezerano ntukarivemo Kuko naho byatinda ariko bizasohora Kuko na Abraham na Sara babonye Umwana Kandi bageze mumasaziro . ESE nawe waba wemerako Hari iyomana Imwe ikora Ibitangaza ? Andika muri Comment uti
👉 MANA URIHO KANDI UZAHORAHO Kandi iyinkuru uyieangize Abandi ukora ahanditse share cg fusangiza Abandi Maze nabo bamenyeko Hari IMANA ikora Ibitangaza
Kandi Kora Like kuri Iyi Page Kuko Uzajya ubona izinkuru Nziza ZIMANA
Uru rutoki rukoze like kuri Iyi Page , Rugakora Like Kuri Iyi Comment , rukandika ngo MANA URIHO KANDI UZAHORAHO Imana Iruhe Icyo Rwifuza Cyose Ndabakunda cyane mukomeze kurindwa NIMANA.